Ubuzima ni ryo pfundo ry’imibereho y’umuntu. Imibereho yose ishingiye ku buzima. Nta buzima imirimo yose yahagarara cyangwa igakorwa nabi.
Nyamara rero, bitewe n’uko isi yamaze kwangirika, uko iminsi ihita n’indi igitaha, ubuzima bwa muntu bugenda, bwangirika kandi bukononekara. Ibyo turya, ibyo tunywa n’umwuka duhumeka bifite uruhare rukomeye mu kudufasha kubungabunga amagara mazia cyangwa kuyangiza.
Benshi iyo bagize ikibazo cy’ubuzima bihutira gufata imiti yo kubafasha bigatuma basanabohewe nyamara uretseno kuba iyo miti isiga izindi ngaruka zitari nziza mu mubiri, bakomeza gukora amakosa yabateye bwa burwayi, bigatuma bahora kwamuganga. “prevention is better than cure.”
Ibyigisho b’ubuzima bizanyuzwa kuri iyi website, bigamije kwerekana uburyo karemano bwadufasha kwirinda uku kurwaragurika kwa hato na hato kuko kwirinda biruta kwivuza. Reka nkurarikire kuza kuzakurikirana ibi byigisho.
N'ubwo zitandura ariko zihitana benshi.
<!– wp:paragraph {"dropCap":true} –> <p class="has-drop-cap">Health is a vital gift from God and t…
Soma IbikurikiraMalariya
Dear friend, I pray that you may enjoy good health and that all may go well with you, even as your s…
Soma IbikurikiraImirire n' Iby' Umwuka
Ntihakagire umuntu uvuga ko yubaha Imana ngo yirengagize kandi akerense imibereho myiza y’umubiri...
Soma Ibikurikira