Kuko ari wowe waremye ingingo zanjye, Wanteranirije mu nda ya mama.14 Ndagushimira yuko naremwe uburyo buteye ubwoba butangaza, Imirimo wakoze ni ibitangaza, Ibyo umutima wanjye ubizi neza. 15 Igikanka cyanjye ntiwagihishwe, Ubwo naremerwaga mu rwihisho, Ubwo naremesherezwaga ubwenge mu byo hasi y’isi.
Psalm 139:13-15
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
13 comments
Murakoze kucyigisho cyiza kdi cyumvikana
Ni ahacu rwose,buri wese amenye neza uburyo yakubaka ubudahangarwa bw’umubiri we .Notre soeur,merci beaucoup,que le bon Dieu puisse te bénir.
Nibyo rwose murakoze cyane
Kandi namwe Imana ibongerere imigisha .
Murakoze namwe
Imana ibahe umugisha
Ikibazo
Ubutaha muzatubwire abasirikare bagabanyutse wabongera ute?
Ndatekereza ko umwihisha yabivuzeho mu cyigisho, wongere ucyumve cyose.
Yego
Ariko ni biriya twavugaga nubundi byo guhumeka umwuka mwiza gukoresha amazi meza imyitozongororamubiri, imirasire y’ izuba ,kuruhuka gukoresha ibyokurya by’ umwimerere
Tukirinda Stress, itabi , inzoga, ibiyobyabwenge , tukirinda gukoresha isukali yo munganda …….
Ikibazo
Ubutaha muzatubwire abasirikare bagabanyutse wabongera ute?
Umuntu urwaragurika yabigenza gute ngo agire ubudahangarwa?
Iki kigisho kibaye kiza rwose,kuko gishoje tukigicyeneye, dugifite amatsiko ya buryo ki twakubaka ubudahangarwa bw’imibiri yacu, Imana ibahe umugisha
Namwe Imana ibahe imigisha.
Murakoze cyane
Nukuri murakoze kubwiki cyigisho kugirango wongere abasirikare bumubiri wakora iki?
Murakoze cyane namwe
Imana ibahe umugisha n’ ubuzima bwiza.
Tubashimira ibyigisho mudahwema kutugezaho