Itabaza ry’umubiri ni ijisho. Nuko rero ijisho ryawe iyo rirebye neza, n’umubiri wawe wose ugira umucyo. Ariko iyo ribaye ribi, umubiri wawe wose ugira umwijima.
Luka 11:34
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
nerf.rumadventist.org is a website of the Seventh-day Adventist church in North East Rwanda Field, Rwanda Union Mission.
Seventh-day Adventists are devoted to helping people understand the Bible to find freedom, healing, and hope in Jesus.
Cyateguwe na Masengesho Esther
Itabaza ry’umubiri ni ijisho. Nuko rero ijisho ryawe iyo rirebye neza, n’umubiri wawe wose ugira umucyo. Ariko iyo ribaye ribi, umubiri wawe wose ugira umwijima.
Luka 11:34
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
8 comments
Imana ni Igitangaza.
Murakoze mukobwa wa Yesu, kubw’iki kigisho cyiza cyari gikenewe cyane.
Uru rugingo ntabwo rusanzwe, ntirusimburwa Kandi ni ubwonko bwa kabiri. Kubwo kureba neza umubiri wose uzareba neza, Mwakoze Uwiteka adusangizanye umugisha.
Urakoze cyane mushiki wacu, Imana iguhe imigisha itagabanije
Imana yaturemeye amaso ishimwe. Iduhe ubwenge bwo kuyafata neza no kuyarebesha ibiyihesha icyubahiro. Urakoze cyane mwigisha
Imana iguhe umugisha.Mbega urugingo rudasimburwa.Ni urwo kwitabwaho cyane.Imana iguhe umugisha.
Urakoze cyane, uwiteka adushoboze kwita kuri izi nama nziza muduhaye
Mwakoze gushima Erega Imana ni Urukundo ntacyo yatugomwe cyakunganira imibereho yacu.
Imana iguhe umugisha ku kigisho kiza uduhaye kigendanye nuko tugomba gufata amaso yacu kandi Imana ihimbarizwe imirimo yayo.Amaso yacu impano y’Imana❣️🙏
Imana ihimbarizwe Urukundo rwayo kuko yaturemye muburyo butangaje. Muganga murakoze rwose