Mbese ntimuzi yuko imibiri yanyu ari insengero z’Umwuka Wera uri muri mwe, uwo mufite wavuye ku Mana? Kandi ntimuri abanyu ngo mwigenge 20 kuko mwaguzwe igiciro. Nuko rero mutume imibiri yanyu ihimbaza Imana.
1 Corinthians 6:19-20
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
4 comments
Mushiki wacu Christine urakoze cyane, Uwiteka aguhire Kandi aguhe umugisha mwinshi cyane.
Igihe cyose habayeho ukwirengagiza inama Bibiliya itanga, havamo kurwara y’umujagararo.
6 Icyakora koko kubaha Imana iyo gufatanije no kugira umutima unyuzwe kuvamo inyungu nyinshi,
7 kuko ari nta cyo twazanye mu isi kandi nta cyo tuzabasha kuyivanamo.
8 Ariko ubwo dufite ibyo kurya n’imyambaro biduhagije tunyurwe na byo,
9 kuko abifuza kuba abatunzi bagwa mu moshya no mu mutego, no mu irari ryinshi ry’ubupfu ryangiza, rikaroha abantu mu bibahenebereza bikabarimbuza.
10 Kuko gukunda impiya ari umuzi w’ibibi byose, hariho abantu bamwe bazirarikiye barayoba, bava mu byo kwizera bihandisha imibabaro myinshi.
(1 Timoteyo 6:10;9)
Imana iguhe imigisha Mubyeyi mwiza, uradufashije cyane Uwiteka adushoboze kwitungira amagara mazima, twirinda indwara y’umujagararo(Stress) .Field y’amajyaruguru y’iburasirazuba bw’Urwanda turabashimiye cyane ibyigisho byiza mukomeza kutugezaho
Murakoze cyane mwene data
Namwe Imana ibahe imigisha n ‘ Amagara mazima
Reka impano ikurimo yake kuko ni Imana yayiguhaye. May God bless you