UMWIHERERO W’ABAYOBOZI BA JA MURI FIELD Y’AMAJYARUGURU Y’UBURASIRAZUBA

Information 25 Mata, 2024

Uyu mwiherero wahuje wahuje abayobozi ba JA ku rwego rw’itorero, komite ya JA mu ntara, komite ya JA muri station na komite ya JA ku rwego rwa Field. Uyu mwiherero wabereye kuri Nyagatare University SDA church ku wa 21/04/2024

Uyu mwiherero witabiriwe n’aba JA 223. Umushyitsi mukuru yari umuyobozi wa JA muri yunyoni Pr. Rukundo Esaie. Insanganya matsiko y’umwiherero yari: “Tugaruke ku isoko” Yeremiya 6:16 “Uwiteka avuga atya ati “Nimuhagarare mu nzira murebe kandi mubaririze inzira za kera, aho inzira nziza iri abe ari yo munyuramo, ni ho muzabona uburuhukiro mu mitima yanyu. Ariko barahakana bati ‘Ntituzayinyuramo.’"

IMG 11 2

Umuyobozi wa JA muri yunyoni yibukije gahunda zose zitegenijwe mu cyiciro uyu mwaka akangurira aba JA kuzitabira yanabibukije gahunda y’icyiciro abatera umwete wo kuyubahiriza.

    2 comments

  • | April 26, 2024 at 8:29 am

    Imana ikomeze amaboko yabayobozi kko hakenewe abagabo nyabagabo natagura cg ngo bagushwe, muhagarare gutwa mwa ngabomwe za Yesu.

  • | May 8, 2024 at 9:30 am

    Bavandimwe kubwumurimo w’Imana kugirango umurimo w’Imana urusheho kujya mbere nuko twe nk’abayobozi dukwiyeguhurizahamwe maze abana b’imana tugatebutsa umunsi wumwami imana

Tanga Ibitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *