45 “Mbese ni nde mugaragu ukiranuka w’ubwenge, shebuja yasigiye abo mu rugo rwe kubagerera igerero igihe cyaryo? 46 Uwo mugaragu arahirwa, shebuja naza agasanga abikora. 47 Ndababwira ukuri yuko azamwegurira ibintu bye byose."
Matayo 24:45-47
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
13 comments
Twishimiye iyi Gahunda nziza iradufasha
Nukuri Imana ige ibaha umugisha kubwiyigahunda
Murakoze cyane kubwiyi gahunda. Ntabe arinjye cg wowe wo gutuma izina ry’Imana rigawa ahubwo Duharanire kuba ibisonga bizima Kandi bikiranuka
Nshimiye Abayobozi bacu kubwa gahunda nziza nkiyi mwatekereje bizadufasha kugera kuri byinshi Imana ikomeze kutubana
Kuba indahemuka ku Mana niyo ntego dukora kubutunzi Imana yaturagije twige kuba abanyurwa imbere y’Imana
Kwamamaza ubutumwa bwiza ni isoko y’ intsinzi ya byose .tuzishima imirimo ishize.
Iyi gahunda nukuri ijuru ryateguye rikayinyuza mubayobozi ba NERF twarayishimiye kandi rwose izakomeze gusa n’abatazi ururimi rw’icyongereza bagiye basobanurirwa byaba byiza kurishaho.Imana ikomeze kubongerera imbaraga n’ubutwari.
Murakoze kubw’ Igitekerezo cyiza. Mwaza kureba Hasi ku gice cy’ Ibumoso hari aho wahindura ururimi. hariho indimi 2 i.e: English(“EN”) na Kinyarwanda (“KIN_RW”)
Imana ihabwe icyubahiro kubw’iyi gahunda nukuri
Murakoze cyane NERF
Ndizera izaba igisubizo mu gutuma ubwoko bw’Imana bukomeza kuba indahemuka n’ibisonga bikiranuka
Iyi gahunda ni nziza cyane kandi Uwiteka niwe uyiyoboye
We appreciate your program. Praise the Lord. Be blessed
Imana idushoboze gutangira kuyigarurira ibyo yaduhaye ngo tubicunge hakurikijwe amabwiriza twahawe na nyiri bintu.
Iyo gahunda ni nziza kd Imana
igushyigikire.
Me also I am very happy to be with you All.Be blessed to you All