Gutanga Guhesha Umugisha

Dr. Charles Munyambonera

Umuryango 27 Gashyantare, 2025

Ibyo gusenda umugore

Abafarisayo baza aho ari baramugerageza, baramubaza bati “Mbese amategeko yemera ko umuntu asenda umugore we amuhora ikintu cyose?” Na we arabasubiza ati “Ntimwari mwasoma yuko Iyabaremye mbere yaremye umugabo n’umugore, ikababwira iti ‘Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe’? Bituma batakiri babiri, ahubwo babaye umubiri umwe. Nuko icyo Imana yateranyije hamwe, umuntu ntakagitandukanye.

Matayo 19:3-6

Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!

    4 comments

  • | February 28, 2025 at 8:43 am

    murakoze cyane Dr

    • | February 28, 2025 at 3:43 pm

      Turabashimira uburyo mutugezaho ibyigisho byiza
      Kandi bikatwigisha bikatwongeramo intege

  • | February 28, 2025 at 10:15 am

    Dr Charles arakoze kuri iki cyigisho cyiza aduhaye

  • | February 28, 2025 at 8:31 pm

    Murakoze Dr, imana ibahe umugisha.
    Nonese mugihe umwe mubashyingiranwe afashi icyambere agasiga mugenziwe byo mwatanga iyihe nama?

Tanga Ibitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *