Ibyo gusenda umugore
Abafarisayo baza aho ari baramugerageza, baramubaza bati “Mbese amategeko yemera ko umuntu asenda umugore we amuhora ikintu cyose?” 4 Na we arabasubiza ati “Ntimwari mwasoma yuko Iyabaremye mbere yaremye umugabo n’umugore, 5 ikababwira iti ‘Ni cyo gituma umuntu azasiga se na nyina akabana n’umugore we akaramata, bombi bakaba umubiri umwe’? 6 Bituma batakiri babiri, ahubwo babaye umubiri umwe. Nuko icyo Imana yateranyije hamwe, umuntu ntakagitandukanye.”
Matayo 19:3-6
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
4 comments
murakoze cyane Dr
Turabashimira uburyo mutugezaho ibyigisho byiza
Kandi bikatwigisha bikatwongeramo intege
Dr Charles arakoze kuri iki cyigisho cyiza aduhaye
Murakoze Dr, imana ibahe umugisha.
Nonese mugihe umwe mubashyingiranwe afashi icyambere agasiga mugenziwe byo mwatanga iyihe nama?