Gahunda y' abana
Maze Yesu arabahamagara ati “Mureke abana bato bansange, ntimubabuze kuko abameze batyo ubwami bw’Imana ari ubwabo. Luka18:16
Kuvuka kwa Aburamu
Tera ajyana Aburamu umwana we na Loti mwene Harani umwuzukuru we, na Sarayi umukazana we, umugore wa Aburamu umuhungu we, bava muri Uri y’Abakaludaya barajyana, bavanwayo no kujya mu gihugu cy’i Kanani, bagera i Harani barahatura.
Itangiriro 11:31
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!
6 comments
Murakoze cyane,Imana ibahe umugisha.
Imana iturinde kuzarira kdi idushoboze kwakira imbabazi zayo no gukurira muri Yesu Kristo wadupfiriye.
Murakoze cyane imana ibahe umugisha, ibi byigisho nibyiza..
Urakoze cyane. Guhamagarirwa kujya I Kanani unyuze I Harani uva Uri y’Abakarudaya wagera I Harani ukahagwa cyangwa ukahatura ni akaga.
Twibuke Roti yagombaga guhunga ajya aho yabwiwe anyuze mu Kibaya ava Sodomo na Gomora. Umugorewe yasigaye mu Kibaya. Gidiyoni kurugamba yagombaga kubanza ku mugezi benshi ntibakomeje kurugamba, bityo insinzi ntibayigizemo uruhare, Abisraél bava Egypt bagombaga kunyura mu butayu, benshi Bab sigayemo. Ntibageze I Kanani, Imana itwibutse ko turi abagenzi n’abimukira iturinde gupfira I Harani cyangwa kuhatura n’ubwo ari inzira tujya Kanani. Dusabe mwuka wera atuyobore mu rugendo Satani aragenda arushaho kudutega imitego yatuma dukunda I Harani benshi bazahatura kdi bahagwe. Imana uduhane umugisha na mushiki wacu Jozianne Niyotwizeye.
Randez vous ni mu ijuru.
Murakoze cyane. Tuzatoza abana bacu inzira nziza bagomba kunyuramo
Uwiteka aduhe Umutima mushya pe kdi duhinduke Umutima mushya.