Guhindura Ubuzima binyuze mu Bikorwa byo gufasha

Inkuru Yateguwe na Pr. Mugemana Edison

Amakuru 30 Nyakanga, 2025

Kuva mu ntangiriro z’uyu mwamwaka wa 2025, muri Filed y’Amajyaruguru y’Uburasirazuba bw’u Rwanda hakozwe ibikorwa b’ubugiraneza bitandukanye. Ibyo bikorwa byari bigamije gufasha abatishoboye mu buzima bwabo bwa buri munsi no kubafasha kubona ko Imana ibitayeho kandi ibifuriza ubuzima bwiza bwa none n’ubwiteka ryose.

Hubatswe uturima tw’igikoni 25 dufite agaciro ka 750,000 Rwf, mu kuvana abantu mu mirire mibi. Hatanzwe ubufasha bw’Imyambaro 133 ku bantu 35 bufite agaciro 1,021,500 Rwf.

Hasuwe abarwayi ku bitaro bya Nyagatare bahabwa ibyo kurya n’ibikoresho by’isuku bifite agaciro ka 850,000 Rwf. Hatanzwe mutual 263 zifite agaciro ka 789,000 Rwf.

WhatsApp Image 2025 07 29 at 15.32.18 edited
WhatsApp Image 2025 07 29 at 1.32.19 e1753879827982 edited
WhatsApp Image 2025 07 29 at 15.32.26

Tanga Ibitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *