Guhangayika

Cyateguwe na Pr. Sinamenye Daniel

Ivugabutumwa 17 Mata, 2024

1 “Ntimuhagarike imitima yanyu, mwizere Imana nanjye munyizere. Mu rugo rwa Data harimo amazu menshi: iyaba adahari mba mbabwiye, kuko ngiye kubategurira ahanyu. Kandi ubwo ngiye kubategurira ahanyu, nzagaruka mbajyane iwanjye, ngo aho ndi namwe muzabeyo.

Yohana 14:1-3

Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!

    8 comments

  • | April 17, 2024 at 11:51 am

    Nukuri Ijambo ryImana riramfashije urakoze pr

  • | April 17, 2024 at 12:18 pm

    byiza cyane guhangayika nibyo bifite ubuzima bwacu muriyi munsi gusa dusabe mwuka w,Imana abidufashemo gufata umwanzuro amahoro masa aturuka kumana gusa
    arko uvuze kumadeni byo numva birenze ibindi abantu bimana dusigaye turi bakaryamyenda ngo nzaba nishura
    IKIBAZO
    umugabo umwe w,umwizera yari afitiye mugenziwe ideni maze azagupfa atarishura arko umwana asezerano azishura amadeni ise agiye arimo asenga Imana avuga yatuza akanwa ke ATI:mana mpa akazi mbone icyo kwishura ideni papa yasize nzagushima ngarura icyacumi maze Imana imuha amafaranga ahinganye nideni yaberagamo wamugabo.
    nonese uyumwana arabanza akureho icyacumi?
    nonese ko araba ayaciyemo kabiri bizagenda bite?

    • | April 17, 2024 at 3:10 pm

      Abaye yizera Imana, akizera ko ariyo idusaba Kuyigarurira 1/10, akizera ko ariyo imuhaye ayo mafranga yo kwishyura, akaba ari umuntu Uzi gushima, ntacyamubuza kugarura 1/10 kuko n’ubundi iyo itamuha ubwo bwishyu ntaho yari kurega. Iyamuhaye ubwishyu bungana butyo ntiyabura kumuha asimbura 1/10 yatanze.

      • | April 18, 2024 at 12:40 pm

        urakoze cyane paster igisubizo umpaye uramutse udakiranutse muri kumigisha Imana yagujaye ubwo ntayindi wasaba kuko nasomye mugitabo Inama zigirwa itorero nsangako iyo udanze icyami ubayemo amade2 Kandi mwijuru uzitwa karyamyenda banzuye havugako ntabwami ntamugabane afite mubikari byo mwijuru

  • | April 17, 2024 at 12:39 pm

    Ndagira ngo mfate uyumwanya nshimira cyane Pr Daniel Sinamenye kuri ikicyigisho cyiza cyane kandi koko gifitanye isano n’ubuzima bwacu bwa burimunsi bityo rero ndagira ngo nshishikarize abantu bose kongera kureba kuri Yesu kuko niwe utajya ahangayika ,kuko buriwese afite ikintu kimuhangayikishije umukire ndetse n’umukene,uwize cg atarize,usenga cg udasenga ,umurwayi cg umuzima ,ubyaye cg utabyaye afite umuhangayiko.

    Buri wese agerwaho n’umuhangayiko!

    Imana idufashe kubana na Yo mu izina rya Yesu!

  • | April 17, 2024 at 12:47 pm

    Mu kuri Imana Ibahe umugisha.
    Isi yusuye ibidutera guhangayika gusa.Ariko Dufite impamvu yo kutiheba kubw’Isezerano ry’umwami wacu ry’Uko mu biturushya byose Izabana natwe.

  • | April 17, 2024 at 1:16 pm

    Murakoze cyane kubwiri jambo mutugezejeho riri kutwibutsa Yuko hanyuma yumuhangayiko Imana iri bugufi bwacu Kandi ugutwikwe namasoye bitegeye abakiranutsi bamutakiye maze ankure mumutima ubwoba bwimibereho butuma mwizara igice andememo umutima wihangana

  • | April 17, 2024 at 1:27 pm

    Imana ninziza ihebyose mukomere muduhugure pr kd Imana ikugwirize impano.

Tanga Ibitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *