Akangutse acyaha umuyaga, abwira inyanja ati “Ceceka utuze.” Umuyaga uratuza, inyanja iratungana rwose. 40 Arababaza ati “Ni iki kibateye ubwoba? Ntimurizera?” 41 Baratinya cyane baravugana bati “Mbega uyu ni muntu ki, utuma umuyaga n’inyanja bimwumvira?”
Mariko 4:39-41
Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!