Ahazaza h'umuntu hagenwa n'amahitamo ye kandi ya none

Cyateguwe na Pr. Kayumba Eugene

Ivugabutumwa NZERI 30, 2024

Isezerano ry’ijuru rishya n’isi nshya

“Dore ndarema ijuru rishya n’isi nshya, ibya kera ntibizibukwa kandi ntibizatekerezwa. 18 Ahubwo nimunezerwe mujye mwishimira ibyo ndema, kuko ndema i Yerusalemu ngo mpagire ibyishimo, nkarema abantu baho bakaba umunezero. 19 Nzanezererwa i Yerusalemu nishimire abantu banjye, kandi ijwi ryo kurira n’imiborogo ntibizahumvikana ukundi.

Niba mwagize ikibazo cyangwa igitekerezo, twandikire hano hasi!

Tanga Ibitekerezo

Your email address will not be published. Required fields are marked *