We love because he first loved us.
1 John 4:19
If you have a question, please write to us in the comment section
nerf.rumadventist.org is a website of the Seventh-day Adventist church in North East Rwanda Field, Rwanda Union Mission.
Seventh-day Adventists are devoted to helping people understand the Bible to find freedom, healing, and hope in Jesus.
Prepared by Niyomufasha Marie Louise
We love because he first loved us.
1 John 4:19
If you have a question, please write to us in the comment section
7 comments
mfite amatsiko yo kumenya uburyo umuntu yakunda kandi agakundwa muri iyi si yanduye kandi iruhije.
mbere yo gukunda abandi umuntu abanza kwikunda kuko ntawe utanga icyo adafite.
Nubwo umubiri,isi na satani bijya bitunaniza ariko ntidukwiriye gucika intege ngo twibagirwe ko umunezero wo mumuryango ariwo utugeza ku itorero rinezerewe kandi buri wese yakwifuza kubamo.
Ikibazo ni uko tutacyiga naho Ibyo kudukebura byo birahari,reka Imana ibashishe abana bayo bubatse ndetse nababiteganya babe icyitegererezo aha bazengurutse.
▶️ Biragoye ko urugo rwatera imbere karimo ibisambo bitatu. Nkuko twabibonye mutekereze umugabo asahuye urugo, umugore akabigenza gutyo n’ Umwana bamutuma guhaha akagira yo agavuraho🤔 Twirinde kuba banyirabayazana bo kudatera imbere kumuryango
▶️ Wiba umurezi wamugenzi wawe, irinde kugaragaza nabi mugenziwawe mubandi, urugero rw’ uyumugore batubwiye mugitekerezo n’ urugero rwiza rw’ akamaro k’ umushyikirano.
▶️ Ninjye byavunnye na sinamenyaga aho binyura ntabwo byateza umuryango mbere.
Uwiteka aguhe umugisha ku bw’iki cyigisho kiza utugejejeho,kwihangana ni umusingi ukomeye nabonye mukubaka urugo , kuko hari byinshi bihinduka umuntu Atari yaratekereje mbere ko byazaba,ariko kubwo kwihanganira uwomwashakanye no kuguma ku mavi,Instinzi iraboneka,amahoro n nurukundo bikongera bigasamba mumuryango.mugire amahoro
Uwiteka aguhe umugisha ku bw’iki cyigisho kiza utugejejeho,kwihangana ni umusingi ukomeye nabonye mukubaka urugo , kuko hari byinshi bihinduka umuntu Atari yaratekereje mbere ko byazaba,ariko kubwo kwihanganira uwomwashakanye no kuguma ku mavi,Instinzi iraboneka,amahoro n nurukundo bikongera bigasagamba mumuryango.mugire amahoro
Sibyiza gushakisha amakosa kubandi nkaho twebwe turi ba miseke igoroye ❤️ Ahubwo mbere yo kureba agatotsi Kari Kari mu ijisho ryari mugenzi wawe,reba umugogo muryawe. Abagabo dukunda kugira ikosa Ryo kwigira neza,tukumva KO abana,umugore aribo ba nyirimakosa. Twebwe ntawatuvugaho. Bityo twihane,nidukunda Abo duhuriye mumuryango bizagenda nezaaa !!