Love and Be Loved

Prepared by Niyomufasha Marie Louise

Family February 13, 2025

    7 comments

  • | February 13, 2025 at 1:28 pm

    mfite amatsiko yo kumenya uburyo umuntu yakunda kandi agakundwa muri iyi si yanduye kandi iruhije.

  • | February 13, 2025 at 1:31 pm

    mbere yo gukunda abandi umuntu abanza kwikunda kuko ntawe utanga icyo adafite.
    Nubwo umubiri,isi na satani bijya bitunaniza ariko ntidukwiriye gucika intege ngo twibagirwe ko umunezero wo mumuryango ariwo utugeza ku itorero rinezerewe kandi buri wese yakwifuza kubamo.

  • | February 13, 2025 at 2:19 pm

    Ikibazo ni uko tutacyiga naho Ibyo kudukebura byo birahari,reka Imana ibashishe abana bayo bubatse ndetse nababiteganya babe icyitegererezo aha bazengurutse.

  • | February 13, 2025 at 8:23 pm

    ▶️ Biragoye ko urugo rwatera imbere karimo ibisambo bitatu. Nkuko twabibonye mutekereze umugabo asahuye urugo, umugore akabigenza gutyo n’ Umwana bamutuma guhaha akagira yo agavuraho🤔 Twirinde kuba banyirabayazana bo kudatera imbere kumuryango

    ▶️ Wiba umurezi wamugenzi wawe, irinde kugaragaza nabi mugenziwawe mubandi, urugero rw’ uyumugore batubwiye mugitekerezo n’ urugero rwiza rw’ akamaro k’ umushyikirano.

    ▶️ Ninjye byavunnye na sinamenyaga aho binyura ntabwo byateza umuryango mbere.

  • | February 13, 2025 at 8:40 pm

    Uwiteka aguhe umugisha ku bw’iki cyigisho kiza utugejejeho,kwihangana ni umusingi ukomeye nabonye mukubaka urugo , kuko hari byinshi bihinduka umuntu Atari yaratekereje mbere ko byazaba,ariko kubwo kwihanganira uwomwashakanye no kuguma ku mavi,Instinzi iraboneka,amahoro n nurukundo bikongera bigasamba mumuryango.mugire amahoro

  • | February 13, 2025 at 8:42 pm

    Uwiteka aguhe umugisha ku bw’iki cyigisho kiza utugejejeho,kwihangana ni umusingi ukomeye nabonye mukubaka urugo , kuko hari byinshi bihinduka umuntu Atari yaratekereje mbere ko byazaba,ariko kubwo kwihanganira uwomwashakanye no kuguma ku mavi,Instinzi iraboneka,amahoro n nurukundo bikongera bigasagamba mumuryango.mugire amahoro

  • | February 22, 2025 at 8:52 am

    Sibyiza gushakisha amakosa kubandi nkaho twebwe turi ba miseke igoroye ❤️ Ahubwo mbere yo kureba agatotsi Kari Kari mu ijisho ryari mugenzi wawe,reba umugogo muryawe. Abagabo dukunda kugira ikosa Ryo kwigira neza,tukumva KO abana,umugore aribo ba nyirimakosa. Twebwe ntawatuvugaho. Bityo twihane,nidukunda Abo duhuriye mumuryango bizagenda nezaaa !!

Leave a Comment

Your email address will not be published. Required fields are marked *